RWANDA : ABANYARWANDA BAHINDUWE IMBEBA ZIKORERWAHO UBUSHAKASHATSI BW,IMITI N,INKINGO

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu gihugu habonetse “abarwayi bake” bafite virus ya Marburg, kandi harimo gukorwa iperereza ngo hamenyekane aho yaturutse.

Itangazo rya Minisiteri y’ubuzima rivuga ko hashyizweho ingamba zo kuyirinda no kuyikumira mu bitaro no mu bigo nderabuzima bitandukanye. Itangazo ntirivuga ibitaro cyangwa ikigo nderabuzima iyi ndwara yabonetsemo.

Itangazo rya Minisiteri y’ubuzima rikurikiye amakuru atandukanye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko hari abakora kwa muganga bamaze kwicwa n’iyi ndwara mu minsi micye ishize muri bimwe mu bitaro byo mu mujyi wa Kigali.

imibare iherutse gutangazwa na minisitere y,ubuzuma ni uko abarenga 11 biganjemo abagaga bamaze guhitanwa niyo virus,

IMPUNGENGE K,UBUZIMA B,WABANYARWANDA

nubwo ari byiza kuba reta yakwita k,ubuzima bw,abaturage bayo ariko kuri reta y,urwanda hari impungenge zikomeye ko hubwo yaba yaragurishije abanyarwanda ikabatangaho ibitambo ubu ikaba yarakiriye akayabo ngo abanyarwanda bakorerweho ubushakashatsi kunkongo n,imiti byiyo virusi benshi barimo kwemeza ko ari impimbano .

umwe mubayobozi bakuru bari mu rwanda waganiriye n,ikinyamakuru intambwe ariko utifuje gutangaza amazina ye cyangwa umwanya akoramo kumpamvu z,umutekano we yabwiye ikinyamakuru intambwe ko ibyo reta y,urwanda irimo ikorera abanyarwanda bimaze gukabya ,yagize ati: abanyarwanda bambuwe ubumuntu burundu ntawe utekereza hariho inzego nkaba minisitire ,abadepite ,abasenateri nizindi nzego zose ni inzego zatagira icyo zimaze igihugu cyose kiyoborwa kikanatekererezwa na kagame n,abagize umuryango we, ndaguha ingero ; tujya kumva tukumva ngo ingabo z,urwanda ziri muri mozambike ,ibyo bamwe tubimenyera mw,itangazamakuru kandi duhagarariye abaturage, ujya kumva ukumva ngo urwanda rwasinye amasezerano yo kwakira abimukira bavuye mubwongereza ibyo nabyo tubimenyera mw,itangazamakuru kandi ari ibireba ubuzima bw.abaturage duhagarariye , ujya kumva ukumva ngo urwanda rwasinye amasezerano yo kwamamaza amakipe runaka intumwa za rubanda tukabimenyera mw,itangazamakuru ,ubu abana b,abanyarwanda barimo gushirira muri congo intambara barwana ntabwo tuzimenya kandi bari gupfa buri munsi mbese ni byinshi urwanda rucyeneye gutabarwa.

abajijwe kubireba iki cyorezo cyangwa virusi nshya yageze mu rwanda uyu muyobozi yagize ati : nawe se nk,umunyamakuru uremera ko ihari? igisubizo ni uko ari agahomamunwa urwanda rwagushije ishyano ubuyobozi bw,urwanda buragurisha abanyarwanda ubu nitwe twahinduwe imbeba zikorerwaho ubushakashatsi bw,imiti n,nkingo ,ngaho ibaze nk,umunyamakuru ni gute mu rwanda haboneka icyorezo honyine kw,isi virusi igatangira guhitana abaganga hatagaragazwa abarwayi bayibateye nuko muri icyo cy,umweru reta ya amerika ikaba yagejeje inkingo mu rwanda zo gukingira abanyarwanda? none niba iyo virusi mugihe cy,icyumweru imaze guhitana abantu 11 reta igahita izana inkingo n,imiti biturutse muri amerika kandi amerika n,ibihugu byose by,uburayi bakaba batemerewe gukoresha urwo rukingo kuko ubuziranenge bwarwo rutizewe ubwo ntacyo wumvamo nk,umunyamakuru? ni akaga abanyarwanda twaragurishijwe nitwe mbeba zikorerwaho ubushakashatsi ibi byose bibaho kuko ubanyarwanda twemeye kuba abacakara ,none se abantu 11 mucyumeru bigahagurutsa reta kuki itarahagurukira abanyarwanda bapfa kumunsi biyahuye kubera ibibazo n,akarengane kari mu rwanda ? abicwa ninzara kumunsi barangana iki ? ko bakubye inshuro nyinshi abo 11 ,abaraswa cyangwa bakaburishwa irengero nizego z,umutekano hano buri munsi bangana iki? ikiriho ni uko aba baganga bamenyeshejwe umugambi w,inkingo zigiye gusuzumirwa kubanyarwanda nuko abo bagaga bakitandukanya nabyo bikabaviramo kwicwa kugirango batazatanga amakuru.

sosiyete ikora imiti yo muri reta z,unze ubumweza amerika yitwa GILEAD SCIENCE iratangaza ko igiye guha urwanda doze 5000 by,umuti witwa REMDESIVIR wo kuvura virusi ya MARBURG, Remdesivir bawutera umuntu murushinge ,GIlead isobanura ko ntahandi uyu muti wari wakoreshwa kw,isi ntaho urakoreshwa n,ubuziranenge ntibuzwi ariko ikigo cy,urwanda cy,ubuziranenge cyawemereye gukoreshwa mu rwanda byihutirwa .

ubu impungenge ni zose ko reta y,urwanda igiye gushyira itego k,ubanyarwanda ngo baterwe uwo muti hatitawe kungaruka bishobora kugira k,ubanyarwanda

ubu abanyarwanda aho bari kw,isi yose bahangayikishijwe niyo miti igiye guterwa mubanyarwanda mugihe n,abayikoze batizeye ubuziranenge bwayo.

mana yirirwaga ahandi ugataha irwanda ubu abanyarwanda baratabaza ongera ugaruke utabare abanyarwanda .

yanditswe na :Obed Ndahayo ( umwana w,umutambyi)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *