MALAWI: URUBANZA RUREGWAMO GIRAMATA USHINJWA KWICA UMUGABO WE RWASUBUKUWE”

mugitondo cyuno munsi tariki 17nzeri kurukiko rukuru ruri LILINGWE mumugi wa MALAWI hangeye kuburanishwa urubanza ubushinjacyaha bwa MALAWI bukurikiranyemo umunyarwandakazi witwa GIRAMATA GENTILE ukurikiranyweho kwica uwahoze ari umugabo we ni urubanza rwatangiye isaa tatu za mugirondo aho GIRAMATA nuwo bareganwa RAFIKI bari murukiko barinze n,abacungagereza GIRAMATA yagaragaye murukiko murukiko yamabaye ikanzu ndende asutse menshi ikindi cyatunguranye ni uko GIRAMATA ubu yatoboye amatwi ndetse yari yashizemo amaherena ibidasanzwe kuriwe kuko yahoze ari umudivantisite.

urubanza rwatangiye urukiko rusuzuma inzitizi zari zatanzwe nabunganira GIRAMATA aho bashidikanyaga kubushozi bw,umutangabuhamya wakoreye ibizamini umurambo wa EMILE aho yasohoye raporo ivugako emile atishwe n,impanuka umucamanza yasomye amategeko ajyanye na minisitere y,ubuzima nuko za kwemeza ko umutangabuhamya w,ubushinjacyaha yemewe aho yahise ahabwa umwanya ngo atange ubuhamya bwe muganga ANDRE MWALE usanzwe ukora kubitaro bikuru ( centre) yatangiye asobobanurira urukiko uko bakoramo akzi kabo yabwiye urukiko ko bakorera umurambo isuzuma igihe babisabwe nurukiko, ,inzego za reta cyangwa abantu bafite aho bahuriye nuwapfuye. yavuze ko basuzumye umurambo wa EMILE babisabwe n,umuryango we gusa ubwo umuryango wabibasabaga ngo bawusabye kujya kuri police ya kanengo aroyo yabandikiye ibasaba gusuzuma umurambo yabwiye urukiko ko umurambo wa HABIMANA emile basuzumye utishwe n,impanuka.

avuga ko umuntu wishwe n,impanuka ashobora kwicwa no gutakaza amaraso menshi cyangwa hakagira inyama zangirika nk,umutima ,ibihaha… yavuzeko umurambo wa HABIMANA EMILE ntagikomere na kimwe wari ufite avuga ko kandi basuzumye inyama zo munda naho bagasanga ntaburwayi na bucye zari zifite avuga ko icyabaye ari ikintu cyakubise umutima inshuro nyinshi ariw3o zigamije nuko amaraso arenga litilo 4 yireka ahantu hamw3e ntiyongera kugenda bituma abura umwuka birangira y,itabye IMANA

yongeyeho ko bafashe bimw3e mubyo basanze munyama zo munda bakabijyana muri raboratwari nuko ibizamini bikerekanaa ko ari uburozi bwp muri raboratwari aho avugako aribw3o bwabaye bwinshi buhagarika amaraso gutembera nuko nyakwigendera abura umwuka kugeza yitabye IMANA.

nyuma y,ubuhamya uhagarariye ubushinjacyaha yabwiye urukiko ko babemerera bakumva umutangabuhamya umw3e nubw3o bateganyaga babiri kuko undi yagize inzitizi umushinjacyaha kandi yasabye umucamanza ko ejo bazumvwa umutangabuhamya wo muri kampanyi y,itumanaho ya EITEL ,umucamanza yabajije abunganiira GIRAMATA niba hari icyo babivugaho bavuga ko ntacyo .

urubanza rwashojwe saa sita nigice rukaba ruzasubukurwa ejo tariki 18 nzeri 2024 aho hazaba hunvwa abatangabuhamya bavuye muri eitel , ikinyamakuru intambwe kizakomeza kubakurikiranira ibyurwo rubanza.

yanditswe na : Obed Ndahayo ( umwana w,umutambyi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *