KUKI ARI MOSE NA ERIYA BABONEKANYE NA YESU?

KUKI ARI MOSE NA ERIYA  NA ERIYA BABONEKANYE NA YESU? ( MARIKO;9-1)  (MATAYO 17.1-13)

YANDITSWE NA  Obed Ndahayo ( umwana w,umtambyi)

Bakunzi bikinyamakuru INTAMBWE tubararikiye kunjya mukurikira  ijambo ry,IMANA aho tuzanjya dufatanya kwiga BIBIRIYA  ,tunibutsa ko ijambo ry,Imana muzanjya mukurikira ntahandi rizanjya riba rishyingiye uretse  mubyanditswe .

Nkuko mubisoma mumirongo iri haruguru   ubwo YESU yari yegereje igihe cyo kubambwa  yagize ibihe byihariye byo gusenga no kuganira nase , bitewe nurugamba rwari rumutegereje  YESU yasabye batatu mubigishaw be kunjyana nawe kumusozi    gusenga  abo ni PETERO ,YOHANA NA YAKOBO

Nkuko bibiriya ibivuga aba bagabo bari basabwe n,umwigisha wabo kubana nawe mason go basenge barasinziriye  ,mugihe YESU yasengaga habonetse  MOSE na ERIYA bagirana ibiganiro ndetse baramukomeza nk,Imana muntu YESU yari yagize integer nkeya . 

MOSE NA ERIYA NI BANTU KI? KANDI BARI BAHAGARARIYE IKI MUBURYO BWA GIHANUZI?

1.MOSE ;IGITABO CYO KUVA IGICE CYA 20-1  MOSE yabaye urugero rwo kumvira IMANA ndetse bibiriya itubwirako   ariwe wakuye ubwoko bwa ISIRAERI mugihugu cya EGIPUTA  , MOSE kandi niwe wahawe amategeko cumi y,IMANA yayandikishije urutokiki rwayo kubisate by,amabuye kuva icyo gihe kugeza na none MOSE ahagarariye amategeko .

 2. ERIYA ; 1ABAMI IGICE CYA 17-1 ERIYA yahagaritse imvura  imyaka 3 yose  ndetse nyma yo guhura na AHABU (1ABAMI.18-17-39 )

ERIYA yasenze IMANA umuriro uramanuka  afatwa nk,uhagarariye ubuhanuzi ndetse kuri bamwe bakunda kumwita umuhanuzi w,umuriro.

REKA DUCE INGANDO ESHATU

MATAYO 17-4  PETERO abwira YESU ati mw3ami,nibyiza ko turi hano reka duce ingando eshatu  imw3e yawe ,indi ya MOSE indi ya ERIYA  akibivuga igicu kiramukingiriza ijwi rivugira mw,ijuru riti nguyu umwana wanjye nkunda mumwumvire.

Byari bisobanutse neza ko YESU agakiza ke kari gahagije gucungura UMUNTU kuburyo bitamusabaga ko yishingikiriza kuri ERIYA ( UBUHANUZI ) cangwa ngo yishingikirize kuri MOSE ( AMATEGEKO)

Niyo mpamvu igicu cyabakingirije intumwa kugirango amategeko n,ibyahanuwe byose bisohorezwe muri YESU

ICYO TWIGIRAMO ;kenshi abakirisito twumvako bidahagije kuba dufite YESU tutarimo kubona  MOSE na ERIYA iruhande rwacu ibi bituma benshi muba kirisitu kubera kutamenya icyo YESU yadukoreye ,bahora mumaganya no kurarikira no kutizera ko bihagije kw,izera YESU bituma bamwe bangwa mubutayu bagiye kugerageza kwihangiragukiranuka kwabo ,abandi bakangwa mumutego  w,abahanuzi b,ibinyoma babacuza utwabo babizeza ko ibyiza byo mw,isi bagiye kubigeraho ikigeragezo SATANI yagerageresheje YESU mubutayu .

Ngushimiye ko twabanye butaha tuzareba abahanuzi bibinyoma n,ikizabakubwira .

KUKI ARI MOSE NA ERIYA  NA ERIYA BABONEKANYE NA YESU? ( MARIKO;9-1)  (MATAYO 17.1-13)

YANDITSWE NA  Obed Ndahayo ( umwana w,umtambyi)

Bakunzi bikinyamakuru INTAMBWE tubararikiye kunjya mukurikira  ijambo ry,IMANA aho tuzanjya dufatanya kwiga BIBIRIYA  ,tunibutsa ko ijambo ry,Imana muzanjya mukurikira ntahandi rizanjya riba rishyingiye uretse  mubyanditswe .

Nkuko mubisoma mumirongo iri haruguru   ubwo YESU yari yegereje igihe cyo kubambwa  yagize ibihe byihariye byo gusenga no kuganira nase , bitewe nurugamba rwari rumutegereje  YESU yasabye batatu mubigishaw be kunjyana nawe kumusozi    gusenga  abo ni PETERO ,YOHANA NA YAKOBO

Nkuko bibiriya ibivuga aba bagabo bari basabwe n,umwigisha wabo kubana nawe mason go basenge barasinziriye  ,mugihe YESU yasengaga habonetse  MOSE na ERIYA bagirana ibiganiro ndetse baramukomeza nk,Imana muntu YESU yari yagize integer nkeya . 

MOSE NA ERIYA NI BANTU KI? KANDI BARI BAHAGARARIYE IKI MUBURYO BWA GIHANUZI?

1.MOSE ;IGITABO CYO KUVA IGICE CYA 20-1  MOSE yabaye urugero rwo kumvira IMANA ndetse bibiriya itubwirako   ariwe wakuye ubwoko bwa ISIRAERI mugihugu cya EGIPUTA  , MOSE kandi niwe wahawe amategeko cumi y,IMANA yayandikishije urutokiki rwayo kubisate by,amabuye kuva icyo gihe kugeza na none MOSE ahagarariye amategeko .

 2. ERIYA ; 1ABAMI IGICE CYA 17-1 ERIYA yahagaritse imvura  imyaka 3 yose  ndetse nyma yo guhura na AHABU (1ABAMI.18-17-39 )

ERIYA yasenze IMANA umuriro uramanuka  afatwa nk,uhagarariye ubuhanuzi ndetse kuri bamwe bakunda kumwita umuhanuzi w,umuriro.

REKA DUCE INGANDO ESHATU

MATAYO 17-4  PETERO abwira YESU ati mw3ami,nibyiza ko turi hano reka duce ingando eshatu  imw3e yawe ,indi ya MOSE indi ya ERIYA  akibivuga igicu kiramukingiriza ijwi rivugira mw,ijuru riti nguyu umwana wanjye nkunda mumwumvire.

Byari bisobanutse neza ko YESU agakiza ke kari gahagije gucungura UMUNTU kuburyo bitamusabaga ko yishingikiriza kuri ERIYA ( UBUHANUZI ) cangwa ngo yishingikirize kuri MOSE ( AMATEGEKO)

Niyo mpamvu igicu cyabakingirije intumwa kugirango amategeko n,ibyahanuwe byose bisohorezwe muri YESU

ICYO TWIGIRAMO ;kenshi abakirisito twumvako bidahagije kuba dufite YESU tutarimo kubona  MOSE na ERIYA iruhande rwacu ibi bituma benshi muba kirisitu kubera kutamenya icyo YESU yadukoreye ,bahora mumaganya no kurarikira no kutizera ko bihagije kw,izera YESU bituma bamwe bangwa mubutayu bagiye kugerageza kwihangiragukiranuka kwabo ,abandi bakangwa mumutego  w,abahanuzi b,ibinyoma babacuza utwabo babizeza ko ibyiza byo mw,isi bagiye kubigeraho ikigeragezo SATANI yagerageresheje YESU mubutayu .

Ngushimiye ko twabanye butaha tuzareba abahanuzi bibinyoma n,ikizabakubwira .

IMANA Y,AMAHORO IBEZE RWOSE KUGIRANGO MUTAZABAHO UMUGAYO UBWO UMWAMI WACU YESU KIRIITU AZAZA.   AMEN

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *