URUJIJO KURI MUNYANA DIANE UVUGAKO AKOMOKA KURI NYAKWIGENDERA MIRIMO

Umwana yahunganye na nyina w’umuhutu mu 1994 nyuma mamma we apfira muri Congo brazzaville ahitwa i Ndjoundou. Umwana yasigaye arerwa n’umugabo wari wararongoye nyina mu buhungiro witwa Samson. Abitwa bene wabo wa nyina bahakanye kumufata. Uwo mugabo wa nyina mu buhungiro Samson yaje kugira ibizazane ni bwo umwana agiye kuba mu babikira i Bangui. Nyuma umubikira witwa Ida Casotti amubaza abantu yifuza ko bamurera avuga umuryango w’abanyarwanda tutavuze amazina kuko yaraziranye n’umumama baririmbanaga muri eglise de pengecote. Uwo muryango wamujyanye gutangira ishuri rihenze i Bangui ryitwa St Therese. Umusecretaire w’iryo shuri ryabajije umwirondoro w’umwana maze yihakana Samson ko ari se yemeza ko se yitwaga Milimo Gaspard wapfuye muri genocide yakorewe aba… Read more mukiganiro uwareze MUNYANA DIANE akamwiyandikishaho nk,umwana we ndetse aka ba ariwe wamunjyanye muri suede yagiranye nikinyamakuru INTAMBWE yabanje kutubwirako uwo mwana ari uwe ariwe abarwaho murwego rw,amategeko , yagize ati uwo ni umukobwa wanjye n,ubwo atarinjye wamubyaye ariko ninjye wamureze kuva akuze ,

twamubajije niba ababyeyi be baba barazize Genocide yakorewe abatutsi nkuko bivugwa ,nuko atubwirako ataribyo ntaho bihuriye kuko uwo mukobwa yahunganye na nyina w,umuhutukazi waje kugwa mumashyamba ya CONGO kandi n,uwamureraga yari umuhutu

twamubajije uko uwo mwana yaje kuba uwa MIRIMO ,yatubwiyeko nyuma yo kwihakana uwamureraga wari umugabo wa nyina ,MUNYANA yababwiyeko afite se witwa MILIMO GASPARD wishwe muri GENOCIDE YAKOREWE ABATUTSI ,gusa ngo kubufatanye n,umuryango utabara imbabare baje kumenyako MIRIMO ahari ariho ndetse MILIMO aza gusura MUNYANA aho ayabaga muri suede .

uno mubyeyi wa MUNYANA [kuko ariwe yanditseho mumategeko] avugako MILIMOyabasuye inshuro nyinshi ndetseko hari nubwo yigeze kuzana numwe mubakozi ba reta y,urwanda bamusaba gutaha mu Rwanda ndetse bamwizeza imyanya ikomeye.

ikindi ni uko uyu utashatse gutangaza amazina ye wareze MUNYANA avugako no mukobwa uko yagiye akura yagiye ahinduka byumwihariko amaze guhura na MIRIMO no kunjya ikigari yagiye agaruka yahindutse undi byaje kuba akarusho ubwo mubukwe bwa MUNYANA yhaye umuryango wamureze ananditseho mumategeko urupapuro rumwe rw,ubutumire ababwirako ubwo mumuryango bishakamo uzaza kuko ngo yamaze kubona papa we kandi ari MILIMO kandi koko MILIMO niwe wahagarariye munyana mubukwe bwe.

IGICYEKWA NKINTANDARO YO GUTESHA UMUTWE UMURYANGO WA MIRIMO KUGEZA ATABURUWE

Ikinyamakuru Intambwe cyaakomwje kubaza uno mubyeyi wareze munyana impamvu acyeka kugeza ubu yaba yarateye Munyana kujujubya umuryango wuwo yita se kugeza ataburuwe , nuko uno mubyeyi atubwirako ibintu bya munyana birimo urujijo rukomeye cyane kuko ntakintu na kimwe arimo kwikorera kugiti cye hubwo ngo ashobora kuba arimo gukoreshwa ,

agize ati ntabwo turimo kubona munyana hubwo hari indi mbaraga itagaragara,ati MIRIMOy,itabye IMANA nyuma gato y,ubukwe bwa MUNYANA kandi munyana yahise atangira kumvikana ashinja reta y,urwanda ko ariyo yamuhitanye ,gusa nyuma y,igihe gito yongeye kumvikana akangurira abo bamureze gutaha mu Rwanda kuburyo bicyekwako munyana yaba ari mumugambi wo kujujubya umuryango wa MIRIMO kuko nubu bagisiragizwe munkiko aho barimo basenyerwa SITATION ya esaance nindi mitungo kuburyo bo basanga ntamitungo umuryango wa MIRIMO usigaranye wahagurukije abo bantu uretse kuko bifuza kubashyira hasi ngo basubire kwisuka nkuko byagiye bigendekera abanda baherwe bakomeye kumitungungo yabo bakanga gutangamo imigabane ,turakomeza kubakurikiranira ibya kino kibazo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *