Urambuza kubaho undinda urupfu ?

Culture of Cutting Woman's Clitoris Strengthens - Inyarwanda.com

Gerry Mugwiza ukunze kugaragaza ibyo atekereza yatuye atanyuze ku ruhande, avuga ko kuba anenga izi ngamba atari uko atemeranya na zo ahubwo ko harimo ibitanoze. garuka ku kuba abantu bemerewe kujya gushaka serivisi z’ibanze nk’ubuvuzi ariko ko atari buri wese wabikora kuko byashoborwa n’ufite imodoka ye bwite cyangwa ufite ubushobozi bwo kwishyura taxi voiture.

Mugwiza uvuga ko akenshi abantu bazana iki cyorezo ari abaturuka hanze, avuga ko hari n’abavuga ko abantu bakwiye kurekurwa kugira ngo imibiri yabo ireme ubwirinzi kamere.

 Ati “Kuko ninjya kubisesengura muri ubwo buryo, ndakwereka ukuntu urimo kumbuza kubaho undinda urupfu…Urambuza kubaho undinda urupfu ?”Akomeza agira ati “Nureba ukuntu izi ngamba zubahirizwa, urasanga umuntu w’amikoro macye ahakubitikira.”

Avuga ko nka gahunda ya guma mu rugo cyangwa guma mu Karere ishobora gushyirwaho hari umuntu utari uri iwe ku mpamvu zo gushakisha imibereho ku buryo nibura abashyiraho ingamba bagombye kwibuka abo bantu nibura ibinyabiziga bitwara abagenzi hagumishwaho 1/10 kugira ngo ba bantu babashe kugera mu ngo zabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *