Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe yigihugu na ekipe ya Kiyovu sport yambitse impeta yakataraboneka Miss Muyango

yanditswe na :NIYIREMA KHARUPHANE





Kimenyi Yves yambitse impeta Miss Muyango - Kigali Today
KIMENYI YVES N,UMUKUNZI WE


Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ). 


Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.
Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.
Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.
Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”
Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.
Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.
Ubwo igisigaye nukumenya igihe ubukwe buzabera ikinyamakuru Intambwe tuzagumya kubakurikiranira igihe bazabushyira.







Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ). 


Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.
Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.
Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.
Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”
Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.
Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.
Ubwo igisigaye nukumenya igihe ubukwe buzabera ikinyamakuru Intambwe tuzagumya kubakurikiranira igihe bazabushyira.







Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ). 


Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.
Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.
Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.
Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”
Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.
Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.
Ubwo igisigaye nukumenya igihe ubukwe buzabera ikinyamakuru Intambwe tuzagumya kubakurikiranira igihe bazabushyira.






Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ). 


Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.
Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.
Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.
Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”
Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.
Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.
Ubwo igisigaye nukumenya igihe ubukwe buzabera ikinyamakuru Intambwe tuzagumya kubakurikiranira igihe bazabushyira.

Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ).

Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.

Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.

Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.

Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”

Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.

Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.

Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru dore ko aribwo hagaragajwe amafoto y’uko byari byifashe, umukunzi w’uyu munyezamu wa Kiyovu Sports avuga YEGO ( #shesaidyes ).

Aba bombi bamaranye imyaka isaga bari mu kibatsi cy’urukundo, ikindi bafitanye umushinga mu bijyanye n’ishoramari w’inzu itunganya imisatsi, kubona bateye intabwe byishimiwe ne benshi mu babakurikirana n’abakunda ibikorwa byabo.

Kimenyi Yves umunyezamu w’ikipe y’igihugu  (Amavubi ) akaba yarakunze umwali w’icyamamare dore ko ari Miss Photogenic 2019, ubu akaba yemeye kuzamubera umugore w’isezerano.

Nyuma y’iki gikorwa cyakozwe hari abantu bacye, uyu munyezamu yanyarukiye. Ku mbuga nkorayambaga ahishura ko uyu munsi yatereyeho ivi ari nayo tariki yakubise ijisho bwambere Miss Muyango amaso ku maso.

Yagize ati: “Ndanezerewe cyane uyu munsi kuko iyi niyo tariki namubonye amaso ku maso , bwari ku inshuro ya mbere, none ubu ni umugore wanjye ku mugaragaro ubuzima bwanjye bwose kuko yavuze ati “YEGO” Ndanezerewe cyane kandi ndashimushimira, Imana ikomeze kubana natwe muri uru rugendo, ni umugisha kuri njye kandi iteka ryose rizaba amahirwe kuri njye.”

Yakomeje avuga ko imyaka ibiri ishize bakundana, amushimira ko yamubereye inshuti nziza, avuga ko uyu ari umugore w’inzozi ze.

Tubibutseko kuva bajya murukundo bakomeje kugira umugisha kuko bahise baba abambasaderi ba telephone za Tekino bivugwamoko bahawe agatubutse kubera uburyo bakunzwe cyane na rubanda nyamwinshi bigatumwa bakurikirwa cyane.

Ubwo igisigaye nukumenya igihe ubukwe buzabera ikinyamakuru Intambwe tuzagumya kubakurikiranira igihe bazabushyira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *